Imbamutima za rutahizamu Bingi Belo ukomeje gutuma Aba-Rayons bacika ururondogoro
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje imyitozo yitegura umwaka mushya w’imikino, aho rutahizamu w’Umunye-Congo, Chadrak Bingi Belo, ari kwishimirwa bikomeye. Uyu […]
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje imyitozo yitegura umwaka mushya w’imikino, aho rutahizamu w’Umunye-Congo, Chadrak Bingi Belo, ari kwishimirwa bikomeye. Uyu […]
Harerimana Abdulaziz uzwi nka Rivaldo wakiniraga Gasogi United yerekeje muri Rayon Sports yasinyiye amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu mukinnyi usatira aca
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije urubanza ruregwamo umukobwa w’imyaka 20 ukurikiranweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 14 wo mu rugo yakoragamo.
Urukiko Rukuru rwa Kigali rwagumishijeho igihano cy’igifungo cya burundu cyari cyarakatiwe Kazungu Denis wahamijwe ibyaha 10, birimo kwica ku bushake,
Sergey Torop, wahoze ari umupolisi mu Burusiya, yakatiwe gufungwa imyaka 12 nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo guhohotera abayoboke b’idini rye
Turi mu Isi y’ikorabuhanga, aho bitakiri ngombwa ko uba uri kumwe n’umuntu kugira ngo umenye ibyo ari gukora, abo bari
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje urugendo rwo guteza imbere siporo no gushora imari mu rubyiruko, aho kuri ubu
Urubuga rwa YouTube rwatangaje ko abari basanzwe batambutsa ’video’ zakozwe hifashishijwe ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano (AI) mu majwi n’amashusho, ariko batabihaye
Mu gihe imbuga nkoranyambaga zikomeje kuba urubuga rw’ibiganiro by’abantu batandukanye, amajwi mashya yagaragaye arimo uwitwa Muyango – wamenyekanye nk’umunyamakuru wa
Urubanza rutari rusanzwe ruri hagati y’umugabo w’Umunyarwanda n’umugore ukomoka muri Oman ariko wavukiye mu Rwanda ruri gukurikirwa n’abantu benshi, nyuma