Utarabona ibyo yakoze wagirango ni inzirakarengane! Amashusho y’urukozasoni y’umukobwa wa Pastor yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga

Biragorana kenshi kubona umuntu wajya ujya imbere yawe akakwigisha ndetse akigisha n’imbaga y’abantu, uri kumubona mu mashusho y’uyukozasoni, akenshi asambana ndetse ugasanga ahora akwigisha akubuza gusambana.

Kuri ubu imbuga nkoranyambaga zimaze iminsi zacitse ururondogoro nyuma y’amashusho y’urukozasoni y’umukobwa wa Pastor ari gusambana yasakaye.

Uyu mukobwa uri mu kigero k’imyaka 20 na 22 ni umukobwa w’umweru mu ba pastor bakomeye mu gihugu cya Kenya, ndetse nawe ubwe akaba yari asanzwe ari kwimenyereza umwugu wo kuba pastor, akaba yari asanzwe anabwuriza mu itorero rya Papa we.

Amakuru avuga ko uyu mukobwa ubwo yari avuye kubwiriza yahamageye umusore w’inshuti ye kugirango bagirane ibihe byiza, ndetse koko bakagirana ibihe byiza mu gutera akabariro.

Gusa bimwe bavuga ngo igisiga cy’urwara rurerure kimennye inda, uyu mwana w’umukobwa hamwe na mucuti we bakoze imibonano mpuzabitsina bari kwifata amashusho ndetse baza gushiduka bisamye basandaye Kuko Umukobwa avuga ko atazi uko ayo mashusho yagiye hanze.

Abantu benshi bakomeje gukwirakwiza aya mashusho ku rubuga rwa X ndetse no ku mbuga zicuruza Amashusho y’urukozasoni.

Gusa ikintu kibi cyane ni ukuntu bari gusakaza aya mashusho ari gusambana bakarenzaho n’andi mashusho ari kubwiriza mu rusungero. “Bamwe bati burya afite ijwi ryiza gutya”, abandi nabo bati, “utarabona ibyo yakoze wagirango ni inzirakarengane”.

Amashusho y’uyu mukobwa yasohotse mu bice bitatu, gusa ibyo bice byose byarebwe n’ama million y’abantu, ku buryo mu minsi 5 gusa ijambo “Pastor Daughter leak” ryarushije andi yose kurebwa.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *