Wagirango aba yibagiwe ko yasize umugore mu rugo! The Ben yishimanye n’indi nkumi y’uburanga aratwarwa atangira gukora ibikorwa n’abasore batarashaka – VIDEWO

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho yafashwe bivugwa ko yafashwe ubwo The Ben yari yagiye mu gihugu cya Uganda gukora igitaramo yari yahuriyemo n’abandi bahanzi ndetse n’ibyamamare harimo na Element Eleeeh ndetse na Kevin Kade.

Aya mashusho yakomeje kubica bigacika hirya no hino ni amashusho yerekana The Ben yishimanye n’inkumi y’uburanga, ndetse benshi babyise kurengera.

Ni amashusho abagaragaza ubwo basaga nkabari kubyina, The Ben ari inyuma y’uyu mukobwa, yamushyizeho amaboko ye, ndetse bombi basa nkabafite ibyo bari kuganiraho.

Abantu benshi babyise kurengera bitewe n’uko The Ben muri aya mashusho aba ameze nk’ushaka gokorakora ku bice by’ibanga by’uyu mukobwa (Amabere), gusa akabibuzwa n’uko bari mu bantu benshi.

Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kubinenga cyane bamwibutsa kujya yibuka ko yasize umugore mu rugo kandi ko binubabaza iyo abonye amashusho nkajya, cyane cyane ku bantu bataramara imyaka myinshi babanye.

Gusa muri bamwe mu bakoresha imbuga, hari abakomeje kubaga ntakinya bavuga ko nubwo agaragara nk’umwana mwiza ariko akora amahano mu bwenge, abantu bamuvuga akajya kubarega, mbese muri make gusoma comment ziri ku mbuga nkoranyambaga kuri iyi Video n’ibyo wakwita akasamutwe. Reba AMASHUSHO.

Ibi si ubwambere The Ben bimugaragayeho kuko no mu bihe bishize yigize kugaragara arimo akurura icyiswe ishanga y’umukobwa nubwo benshi batekereje ko ari ikariso yakururaga.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *