Amakuru mashya : Uwahoze ari umutoza wa Rayon Sports arafunze
Mohamed Wade, wahoze ari umutoza wa Rayon Sports, yatawe muri yombi azira gutanga sheki ya miliyoni umunani (8,000,000 Frw) itazigamiye. […]
Mohamed Wade, wahoze ari umutoza wa Rayon Sports, yatawe muri yombi azira gutanga sheki ya miliyoni umunani (8,000,000 Frw) itazigamiye. […]
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe by’Isanzure (RSA) cyatangaje ko icyanya cyahariwe ibikorwaremezo bikusanya amakuru avuye kuri Satellite (Teleport) cyashyizwe mu Karere ka
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yagaragaje ko ibiganiro hagati y’Abanyekongo ubwabo ari wo muti wonyine wahagarika intambara mu Burasirazuba bwa
Mu minsi ishize, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakunze kumvikana avuga ko hari intambara iri gututumba hagati y’u Rwanda n’u
Umugaba w’ingabo za Uganda Gen Muhoozi Kainerugaba, akaba n’umuhungu wa perezida Museveni , kuri iki cyumweru tariki ya 23 Werurwe
Brig Gen (Rtd) Frank Rusagara yitabye Imana kuri uyu wa Gatatu tariki 26 Werurwe 2025, azize uburwayi bwa kanseri yari
Anita Pendo usanzwe ari umunyamakuru wa Kiss FM ariko umaze iminsi atumvikana mu kiganiro asanzwe akora buri gitondo, amaze iminsi
Umuhanzi akaba n’umunyapolitike Robert Kyagulanyi Ssentamu [Bobi Wine] yemeye umurwano we na Gen Muhoozi Kainerugaba. Nyuma y’uko Gen Muhoozi Kainerugaba
Umutwe wa RED-Tabara wasohoye itangazo wamagana ibirego bya Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uvuga ko u Rwanda ruwutera inkunga mu