Ad
Ad
Ad
Ad

Nubundi ibi Kimenyi ntiyari kuzabishobora! Videwo ya Uwase Muyango Claudine yerekana Akenda k’imbere ikomeje guhanahanwa hirya no hino – Videwo

Nubundi ibi Kimenyi ntiyari kuzabishobora! Videwo ya Uwase Muyango Claudine yerekana Akenda k’imbere ikomeje guhanahanwa hirya no hino.

Nyuma y’amakuru menshi akomeza kuvuga ko Uwase Muyango Claudine n’umugabo we Kimenyi Yves batandukanye, kuri ubu Muyango we ubuzima buraryoshye ari nako akomeza kwiharira imbuga nkoranyambaga kubera udutendo akomeza gukora.

Nyuma y’amavidewo n’amajwi menshi yagiye asaka kur mbuga nkoranyambaga akarikoroza, kuri ubu hasakaye indi videwo iri kubica bigacika.

Iyi videwo imugaragaza ari ku rubyiniriro akirekura akabyina birenze kugeza aho yerekana akenda k’imbere ku rubyiniriro, ndetse imyenda yari yambaye yatumaga abari hasi y’uribyiniriro barebe ibyo bashatse.

Benshi ku mbuga nkoranyambaga bakomeza kwibaza uburyo nk’abantu bo mu muryango we abamubona cyane cyane nka Papa w’umwana we Kimenyi Yves. Reba AMASHUSHO.

Nubundi ibi Kimenyi ntiyari kuzabishobora! Videwo ya Uwase Muyango Claudine yerekana Akenda k’imbere ikomeje guhanahanwa hirya no hino.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Scroll to Top