Mu masaha ya saa kumi za mu gitondo, abantu bitwaje intwaro binjiye mu ishyamba rya Nyungwe bagota abashinzwe umutekano
Bigirimana Egide wari usanzwe ari umujyanama w’ubuzima mu Mudugugudu wa Nganzo Akagari ka Ntendezi mu Murenge wa Ruhambuga, yarashwe n’abashinzwe […]