Nyuma yuko ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho y’urukozasoni ya Emelyne Ishanga, kuri ubu hongeye gusakara andi mashusho ateye impungenge arikumwe n’abandi bakobwa nyuma yuko avuye muri rehab ya Huye.
Uyu mukobwa wari watawe muri yombi we na bagenzi be bashinjwa gusakaza amashusho y’urukozasoni, abenshi muri bo bari batangaje ko ntawuzongera kubabona muri ibi bintu.
Gusa nk’uko bavuga ngo hari abantu badashirayo, Emelyne nawe akomeje kwerekana ko badashirayo nagato.
Ubusanzwe uyu mukobwa yari yamamaye bitewe n’igihe yigize gukururwa ikariso n’umwe mu bahanzi bakomeye gusa nyuma bakaza kuvuga ko ari Ishanga yakururwaga. Reba videwo.
Nyuma yo gukoresha icupa rya Heineken ubundi akamara igihe atagaragara, hasohotse indi videwo ya Emelyne Ishanga.